Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, imibiri 154 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside, iherutse kuboneka mu mirenge…
Kuva kuri uyu wa 09 Nzeri 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba hatangijwe ubukangurambaga bw’icyumweru cyahariwe kwimakaza ihame ry’uburinganire (GAD), ubu…
Kuri uyu wa 09 Nzeri ku kibuga cya Polisi mu Karere ka Rwamagana hashojwe imurikagurisha (Expo) rya 14 ry’Intara y’Iburasirazuba, ryitabiriwe…
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Rubingisa Pudence yasabye ubuyobozi bwaba ubw’Akarere, abayobozi b’ibigo by’amashuri ndetse n’abarezi barerera…
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 27 Kanama 2025, mu Murenge wa Kiramuruzi habereye igikorwa cyo gusoza umushinga w’iterambere wakozwe n’Umufatanyabikorwa…
Kuva ku wa Gatanu tariki ya 08 Kanama 2025, Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva yatangiye uruzinduko mu Ntara y’Iburasirazuba hagamijwe gusura…
Mu Murenge wa Rwinkwavu, mu Karere ka Kayonza, hatangiye kubakwa inzu 15 z’icyiciro cya kabiri cy’umudugudu wa Mukoma mu Kagari ka Nkondo, zigamije…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 29 Nyakanga 2025, mu Kagari ka Nyabikiri mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo habereye igikorwa…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025 Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba Pudence Rubingisa n'abayobozi b'inzego z'umutekano bifatanyije…
Abaturage bo mu Kagari k’Isangano mu Murenge wa Ndego bemeza ko hari abari barataye icyizere cyo kubaho kuko batagerwagaho n’amazi meza…
Kuri uyu wa 04/7/2025 Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba Hon. Pudence Rubingisa ari kumwe n'abandi bayobozi b'inzego z'umutekano ku rwego rw'Intara…