Guverineri Rubingisa yijeje abafite ubumuga ko ubuyobozi buzakomeza gushyira imbaraga mu guteza imbere imibereho yabo, hanashakwa ibisubizo ku mbogamizi zikigaragara.

Kuri iki cyumweru, mu Karere ka Rwamagana hateraniye Inteko Rusange y'Inama y'Igihugu y'Abantu bafite ubumuga ku rwego rw’Intara, aho abayitabiriye…

Read more →

Kwibohora31: Hatashywe Isoko rya Rwamagana

Kuri uyu wa 04/7/2025 Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba Hon. Pudence Rubingisa ari kumwe n'abandi bayobozi b'inzego z'umutekano ku rwego rw'Intara…

Read more →

GUVERINERI W’INTARA Y’IBURASIRAZUBA YASOJE IMURIKABIKORWA RYA JADF MU KARERE KA BUGESERA

Kuri iki Cyumweru tariki ya 29 Kamena 2025, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Bwana Pudence Rubingisa, ari kumwe na Perezida w’Ihuriro…

Read more →

Abayobozi barebeye hamwe icyakorwa mu guhindura imibereho myiza y’umuturage

Ku wa Gatanu yariki ya 13 Kamena 2025, mu Karere ka Kayonza hateraniye inama Nyunguranabitekerezo ku iterambere ry'Intara y’Iburasirazuba,…

Read more →

Udushya two mu mudugudu ntangarugero wa Gakoma mu Karere ka Nyagatare, twahinduye imibereho y'abawutuye

Abatuye mu Mudugudu ntangarugero wa Gakoma, uherereye mu Kagari ka Rwisirabo, Umurenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare  bavuga ko guhanga udushya…

Read more →

Abakozi b'intara bizihije umunsi mpuzamahanga w'umurimo, hanashimirwa ababaye Indashyikirwa

Ku wa 16 Gicurasi 2025 Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Rubingisa Pudence ari kumwe n’abagize inama y’umutekano itaguye y’Intara bifatanyije…

Read more →

Guverineri Rubingisa yasuye abaturage b’Umurenge wa Mwiri

Mu rwego rwo kwegera abaturage no gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza yabo, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, ari kumwe…

Read more →

Ibigo nderabuzima n’amavuriro y’ibanze bigiye kujya bihabwa amafaranga y’imiti mbere

Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rwatangaje ko rugiye gutangiza uburyo bwo guha amavuriro y’ibanze n’ibigo nderabuzima amafaranga azwi nka…

Read more →

Abaturage bazajya bishyura Mituweli hashingiwe ku makuru ari muri Sisiteme Imibereho yasimbuye ibyiciro by’Ubudehe

Mu nteko y’abaturage yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gicurasi 2025, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu Dr. Patrice Mugenzi ari kumwe na Guverineri…

Read more →

Abafatanyabikorwa barasabwa gukomeza ubufatanye mu kwihutisha iterambere n'imibereho myiza y'umuturage

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara, Dr Jeanne Nyirahabimana, yasabye abitabiriye iyi nama haba abo mu nzego za Leta, abikorera n'abafatanyabikorwa…

Read more →

Ubuzima n’umutekano ku kazi: Ishingiro ry’Umusaruro

Ku wa Mbere tariki ya 28 Mata 2025 abasaga 500 biganjemo abayobozi b'inzego za Leta zitatandukanye, ibigo bya Leta, Abikorera, abayobozi ba sendika n'…

Read more →